Rwanda: Impunzi mu buzima bukomeye kurushaho kuva Amerika ihagaritse umusanzu wayo muri WFP/PAM

Rwanda: Impunzi mu buzima bukomeye kurushaho kuva Amerika ihagaritse umusanzu wayo muri WFP/PAM
    • Umwanditsi, Yves Bucyana
    • Igikorwa, BBC Gahuzamiryango

Imfashanyo itunga impunzi yaragabanutse kurushaho muri iki gihe.

Ni nyuma Perezida Trump ahagaritse umusanzu Amerika yahaga PAM/WFP.

Amerika yatangaga umusanzu munini ku isi, miliyari $4.5 [2024] – umusanzu ukubye 4 uw'igihugu cya kabiri – Ubudage – gitanga.

Ingaruka zirimo kugera ku mpunzi ahatandukanye ku isi…iyi nkuru mu mashusho irareba ku zahungiye mu Rwanda…