Rwanda: Impunzi mu buzima bukomeye kurushaho kuva Amerika ihagaritse umusanzu wayo muri WFP/PAM
Rwanda: Impunzi mu buzima bukomeye kurushaho kuva Amerika ihagaritse umusanzu wayo muri WFP/PAM
- Umwanditsi, Yves Bucyana
- Igikorwa, BBC Gahuzamiryango
Imfashanyo itunga impunzi yaragabanutse kurushaho muri iki gihe.
Ni nyuma Perezida Trump ahagaritse umusanzu Amerika yahaga PAM/WFP.
Amerika yatangaga umusanzu munini ku isi, miliyari $4.5 [2024] – umusanzu ukubye 4 uw'igihugu cya kabiri – Ubudage – gitanga.
Ingaruka zirimo kugera ku mpunzi ahatandukanye ku isi…iyi nkuru mu mashusho irareba ku zahungiye mu Rwanda…



