Ally Y.MUgenzi |  |
Radiyo RPA yo mu Burundi, iravuga ko ibangamiwe na leta y'u Burundi, umunyamabanga mukuru wa RPA, Andre Palice Ndimurukundo, yavuze ko abakozi benshi bahamagarwa kubazwa. Yavuze ko umuyobozi wa transport amaze iminsi 16 yarafashwe n'inzego z'iperereza naho ushinzwe imari muri RPA yabajijwe na polisi inshuro 3 zitandukanye. RPA yayoborwaga Alexis Sinduhije wabaye umuyobozi w'ishyaka MSD ubu akaba ari mu bwihisho. Polisi iravuga ko yasanze ibikoresho bya gisirikare ku cyicaro gikuru cya MSD. |