Uriko ubona ku rubuga aherekana amakuru mu nyandiko gusa, hakoresha uburyo buke. Ja ku rubuga nyamukuru ubone amakuru mu nyandiko iherekejwe n'amasanamu.
Njana ku rubuga nyamukuru canke aho gusoma gusa
Ibindi vyerekeye ingene urwo rubuga rugutwara uburyo (ama mega) buke
Rwanda -formula1: "Tuzakubaka ikintu twese tuzakwishimira" / Prezida Kagame
Rwanda -formula1: "Tuzakubaka ikintu twese tuzakwishimira" / Prezida Kagame
Amasezerano n'urwego rw'isi ni yagerwaho, ikibuga cya formula1 giteganywa kubakwa hafi y'ikibuga cy'indege cy'i Bugesera.
Irene Murerwa, umuyobozi w'ibya rukerarugendo (tourism) yasiguriye BBC uko u Rwanda rwihangiye kuba urugero mu byo imikino muri Africa.
Ni mu gihe mu nama y'isi yaberaga i Kigali hizihizwa imyaka 120 igikombe cya FIA kibayeho kw'isi.