Rwanda -formula1: "Tuzakubaka ikintu twese tuzakwishimira" / Prezida Kagame

Insiguro ya video, Hizihizwa imyaka 120 igikombe cya FIA, "Urwanda rurashaka kwubaka ikibuga cya F1".
Rwanda -formula1: "Tuzakubaka ikintu twese tuzakwishimira" / Prezida Kagame

Amasezerano n'urwego rw'isi ni yagerwaho, ikibuga cya formula1 giteganywa kubakwa hafi y'ikibuga cy'indege cy'i Bugesera.

Irene Murerwa, umuyobozi w'ibya rukerarugendo (tourism) yasiguriye BBC uko u Rwanda rwihangiye kuba urugero mu byo imikino muri Africa.

Ni mu gihe mu nama y'isi yaberaga i Kigali hizihizwa imyaka 120 igikombe cya FIA kibayeho kw'isi.

Hizihizwa imyaka 120 igikombe cya FIA, "Urwanda rugiye kubaka ikibuga cya F1".
Insiguro y'isanamu, Hizihizwa imyaka 120 igikombe cya FIA, "Urwanda rugiye kubaka ikibuga cya F1"