Uriko ubona ku rubuga aherekana amakuru mu nyandiko gusa, hakoresha uburyo buke. Ja ku rubuga nyamukuru ubone amakuru mu nyandiko iherekejwe n'amasanamu.
Njana ku rubuga nyamukuru canke aho gusoma gusa
Ibindi vyerekeye ingene urwo rubuga rugutwara uburyo (ama mega) buke
‘Twigire mu mikino’ – Gahunda irimo guhindura uburezi bw’abana b’incuke mu Rwanda
‘Twigire mu mikino’ – Gahunda irimo guhindura uburezi bw’abana b’incuke mu Rwanda
- Umwanditsi, Yves Bucyana
- Igikorwa, BBC Gahuzamiryango
Mu gihe isi yizihije ku nshuro ya mbere umunsi mpuzamahanga wo ‘gukina’ mu Rwanda hari umushinga ufasha abana bo mu mashuri y’incuke asaga 600 ya leta mu gihugu kwiga hifashishijwe imikino nk’uburyo bwo kubafasha kumenya, no kubategurira kwinjira mu mashuri abanza.
Nagiye ku ishuri rya Karuli mu cyaro cyo mu majyaruguru y’u Rwanda ndeba uburyo iyi gahunda ikorwa, mbategurira iyi videwo… yirebe hejuru.