Rumaga ati: "Izindi nganzo murarye muri menge kuko [ubusizi] bwongeye bwagarutse"

Insiguro ya video, Reba ikiganiro n'umusizi Rumaga
Rumaga ati: "Izindi nganzo murarye muri menge kuko [ubusizi] bwongeye bwagarutse"
    • Umwanditsi, Samba Cyuzuzo
    • Igikorwa, BBC Gahuzamiryango

Junior Rumaga, umwe mu basizi ubu baza imbere y'abandi mu bakunzwe mu Rwanda aremeza ko inganzo y'ubusizi iki ari igihe cyayo ngo yongere gusubirana umwanya w'imbere yahoranye mu Rwanda, ndetse we ayita "nyina w'izindi nganzo".