Video: Akababaro k'Impunzi z'Abanyecongo ziri mu Rwanda ziteguraga kujya muri Amerika
Video: Akababaro k'Impunzi z'Abanyecongo ziri mu Rwanda ziteguraga kujya muri Amerika
- Umwanditsi, Yves Bucyana
- Igikorwa, BBC Gahuzamiryango
Nyuma y'uko iyi gahunda ihagaritswe na Perezida Donald Trump, ku nkambi ya Mahama bamwe mu bari bagiye kugenda n'abavuga ko bari bageze ku cyiciro cya nyuma mbere yo kugenda, yari inkuru y'incamugongo kuri bo.
Hagati ya 2011 na 2023, impunzi z'Abanyecongo ziza ku mwanya wa kabiri mu mibare y'abatujwe na Amerika nyuma y'abava muri Myanmar.
Iyi gahunda imaze imyaka hafi 15 ituma benshi muri izi mpunzi bahorana icyizere ko umunsi umwe bazajya gutura muri Amerika aho baba bizeye ubuzima bwiza.



