Ubumuga bwe ntibwatumye ataba umuhanzi ufite impano
Martin Ngugi wo muri Kenya yavukanye intoki zifite ubumuga.
Nta bice bibanza by'amaboko afite. Aho kugira intoki 5 ahubwo afite ebyiri kuri buri kiganza.
Ubumuga bwe ariko ntibwamubujije kuba umuhanzi ufite impano.